Welcome to Rwanda Military Hospital

(copy 1)

HOTLINE
4060
Opening Time
24/7 service
Email us
info@rmh.rw
Latest news

Amakuru

IBITARO BYA GISIRIKARE BYATANGIYE GAHUNDA YO KUGABANYA IGIHE ABARWAYI BAMARAGA BATEGEREJE

Kuwa 18 Kamena, Ibitaro bikuru bya Gisirikare byatangiye gukorera mu nyubako nshya mu buryo bwo kugabanya ubwinshi bukabije bw’abantu babaga bari...

Ibikurikira...
ABARWAYI BAFITE IbIBAZO MU RWUNGANO RW’INKARI BABONYE UBUVUZI BWIHARIYE MU BITARO BYA GISIRIKARE I KANOMBE

Kuwa 1-2 Kamena 2019, abarwayi bari bafite ibibazo mu urwungano rw’inkari bahawe
ubuvuzi ubwo ibitaro bya Gisirikare i Kanombe byakiraga inzobere mu...

Ibikurikira...
RDF YATANGIJE KU NSHURO YA GATATU UBUKANGURAMBAGA BWO KWITOZA GUKUMIRA ICYOREZO CYA EBOLA MU KARERE KA RUBAVU

Kuwa 24 Gicurasi 2019
Mu gihe Ebola ikomeje kwiyongera mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC), yagaragaye kuwa 1 Kanama 2018, ku...

Ibikurikira...
SOBANUKIRWA UBUVUZI BWA OCCUPATIONAL THERAPY BUTANGIRWA MU BITARO BYA GISIRIKARE I KANOMBE

Mu bitaro bya gisirikare I Kanombe hatangirwa ubuvuzi bita Occupational therapy bugenewe gufasha abafite ibibazo bitandukanye bikora ku ubuzima bwabo...

Ibikurikira...
UMUBARE W’ABAFOROMO MU NGABO Z’ U RWANDA UKOMEJE KWIYONGERA

Abaforomo n’abaforomokozi bagera kuri 35 b’ingabo z’u Rwanda basoje amahugurwa Bari bamazemo ibyumweru 32 mu bitaro bya gisirikare I Kanombe. Bakaba...

Ibikurikira...
IVURIRO RYA RDF I KARONGI RIJE ARI IGISUBIZO KU BATUYE HAFI YARYO

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zatangije I Karongi kuwa 23 Mata 2019 ivuriro rizajya rifasha mu kuvura ingabo za Brigade ya 511 ikorera i Karongi, ariko...

Ibikurikira...
RDF YIMURIYE IBIKORWA BY'UBUVUZI MU KARERE KA RUTSIRO

Ingabo z'u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bya Gisirikare bya Kanombe zirasoza kuri uyu wa Gatanu ibikorwa by'ubuvuzi byari bimaze iminsi mu karere ka...

Ibikurikira...
GAHUNDA Y’INGABO Z’U RWANDA MU ITERAMBERE RY’ABATURAGE 2019 YATANGIJWE

Rwanda Defense Force has on 17 April launched the Citizen Outreach Programme 2019 (COP 2019) in which the Force carries out various activities geared...

Ibikurikira...
IBITARO BYA GISIRIKARE BY’U RWANDA BYAKIRIYE IMODOKA ZARI ZATARUMIJWE ZITWARA INDEMBE

Ku italiki 14 Nyakange 2017 bitaro bya Gisirikare by’u Rwanda byakiriye imodoka zari zaratumijwe zitwara indembe zizanywe na Achelis,

Kugirango...

Ibikurikira...
ABAYOBOZI N’ABAKOZI BO MU BITARO BYA GISIRIKARE BY’U RWANDA (RWANDA MILITARY HOSPITAL) BARIBUKA KU NSHURO YA 23 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994.

Kuri uyu wagatanu taliki ya 21/04/2017 ahagana mu ma saa munani nibwo abayobozi n’abakozi ba Rwanda military hospital...

Ibikurikira...